Friday 29 April 2011

Video ya Beyonce ashishikariza bantu gukora imyitozo ngororamubiri

Beyonce Knowless umukobwa usa n'ukuzemo ariko wahogoje abagabo benshi!
Umuhanzi Beyonce arakundwa cyane

Aririmba neza ariko

Abantu benshi banamukundira uburyo ateye

Noneho muri iyi ndirimbo ye ari no gushishikariza
  
Abantu kurushaho 

gukora imyitozo 

ngororamubiri.

uyu muhanzi kuri ubu 

abana n'umuherwe 

ukomeye

mu baherwe bo ku isi, 

uretse ko nawe mu 

bijyanye 

n'amafaranga atoroshye.
Mini Biographie

Beyoncé, qui est née à Houston au Texas, est la fille de Mathew Knowles, un producteur de musique professionnel, et de Tina Knowles, une créatrice de costumes et coiffeuse. Le père de Beyoncé est afro-américain alors que sa mère est une créole louisianaise. Beyoncé a été prénommée du nom de jeune fille de sa mère pour lui rendre hommage. Elle est la sœur aînée de Solange, une auteur-compositrice-interprète et actrice. (descendance afro-américaine, amérindienne et française)
Beyoncé a été scolarisée à l'école primaire St. Mary au Texas, où elle s'inscrit dans des cours de danse, dont ceux du ballet classique et de la danse jazz. Son talent en chant est découvert quand son professeur de danse commence à fredonner une chanson qu'elle termine, en atteignant des notes aiguës
À l'âge de neuf ans, Beyoncé rencontre LaTavia Roberson lors d'une audition pour rejoindre un groupe de divertissement entièrement féminin. En compagnie de son amie Kelly Rowland, elles se retrouvent toutes trois dans un groupe de six jeunes filles qui fait du rap et de la danse, et appelé à l'origine Girl's Tyme.  Le producteur R'n'B de la côte Ouest Arne Frager se rend à Houston pour les rencontrer, et, convaincu, les emmène enregistrer dans son studio (The Plant Recording Studios) en Californie du Nord, avec la voix de Beyoncé en vedette. Dans le cadre des efforts pour faire signer un contrat à Girl's Tyme chez un label majeur, la stratégie de Frager est au début de les faire participer à Star Search, la plus grande émission de recherche de talents du moment. Girl's Tyme participe à la compétition, mais échoue parce que, selon Beyoncé, la chanson interprétée n'était pas la bonne. Beyoncé connaît son premier « échec professionnel » avec cette défaite, mais retrouve confiance après avoir appris que les pop stars Britney Spears et Justin Timberlake avaient vécu la même expérience.

Dore ubukwe buhambaye bwa Prince William & Kate

Nk'uko byari bimaze iminsi byitezwe n'isi yose, kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Mata 2011 nibwo Igikomangoma William Arthur Philip Louis Windsor, umwuzukuru w'umwamikazi w'u Bwongereza Elizabeth II yashyingiranywe ku mugaragaro na Catherine Middleton mu rusengero rwa Westminster rusanzwe ruberamo imihango ikomeye ya cyami muri icyo gihugu. Ubukwe bwa William bukaba bubaye nyuma y'imyaka 30 ababyeyi be Charles na Diana bashyingiwe (nyuma baje gutandukana, Diana yitaba Imana mu 1997).

Ubwo bukwe bwari bwitabiriwe n'ibikomerezwa biturutse imihanda yose y'isi, higanjemo imfura (nobles) zo mu bihugu bitandukanye, abakuru b'ibihugu n'aba za guverinoma, abahagarariye ibihugu byabo mu Bwongereza, n'abandi; bukaba bwanakurikiranywe n'abantu barenga miliyari 2 kuri televiziyo, radiyo n'imbuga za internet mu bihugu 180 byo ku isi.

Ubwo bukwe bwari akataraboneka, ariko kubivuga byonyine ntacyo bimaze,akaba ariyo mpamvu n'ubwo bamwe muri mwe babashije kubukurikirana, IGIHE.com yiyemeje kubagezaho amwe mu mafoto y'ibirori byaranze ubwo bukwe bwa William ufite amahirwe menshi yo kuzaba umwami w'u Bwongereza mu myaka iri imbere, dore ko ari uwa kabiri mu bazungura Elizabeth nyuma ya se.

Umwamikazi akaba yageneye abageni bashya titre ya Duke and Duchess of Cambridge, akaba ari umwanya usumba iyindi mu mfura (nobles) zo mu Bwongereza.

image
Prince William ubwo yazanaga na Nyirakuru,
Umwamikazi Elizabeth II


image
Catherine yaherekejwe na se Micheal Middleton na mukuru we
Kate Philippa inyuma


image
Se wa Catherine, Micheal Middleton ageza umukobwa we
imbere y' Igisonga cya Musenyeri Rowan William na Prince William
ku ruhande


image
Prince William na Catherine baherekejwe na Prince Harry (Murumuna wa William)
ndetse na Philiippa Middleton (mukuru wa Kate)


image
Prince William yambika Catherine impeta

image
Prince William na Catherine basohoka mu kiliziya.
Ikanzu ya Kate ifite ivara rya metero 2.7. William yari yambaye umwenda w'abasirikare bitwa Irish Guard abereye colonel


image
Prince William na Catherine bagaragarije abari aho urukundo rwabo

image
Prince William na catherine basuhuza abari aho

image
Prince William na Catherine batwawe n'igare rikururwa n'indogobe.
Inyuma yabo hari abasirikare 160 ku ndogobe


image
Umwamikazi Elizabeth (imyaka 85) yitabiriye ubukwe bw' umwuzukuru we
William


image
Igikomangoma Charles na Camilla umufasha we
(uwasimbuye nyakwigendera Princess Diana )


image
Sir Elton John n'umufasha we David Fyurnish
nabo bitabiriye ubukwe


image
N'ubwo Victoria atwite ntibyamubujije kwitabira ibirori n' umugabo we
David Beckham


image
image
Ubukwe bwari bukurikiranwe na benshi n' amatsiko menshi

image
Ndetse no mu gikoni bakuriniranaga iby' ubwo bukwe...

Sunday 24 April 2011

Amerika ikwiye kuburanisha abandi bajenosideri icumbikiye- Ngoga

Mu gihe ubutabera bwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika bukomeje kuburanisha urubanza rwa Lazare Kobagaya ushinjwa kuba yaragize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, u Rwanda rurasanga n’ubwo iyo ari intambwe ishimishije, ariko hakagombye kuburanishwa n’abandi benshi bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside baba muri icyo gihugu.

Nk’uko Umushinjacyaha Mukuru Martin Ngoga yabitangarije The New Times, ngo u Rwanda ruzakora ibishoboka byose rutange amakuru n’ubundi bufasha ruzasabwa muri urwo rubanza rwa Kobagaya, ngo ariko nanone Amerika yakagombye gutangira gufata no kuburanisha abandi benshi bakekwaho jenoside bari ku butaka bwayo, ngo kuko Kobagaya atari we wenyine uhari.

Aha twabibutsa ko muri iki cyumweru turangiza, Umucamanza Monti Belot yavugiye muri Leta ya Kansas Kobagaya atuyemo ko agomba gukomeza gukurikiranwa ku byaha aregwa. Icyo cyemezo kikaba cyari kigamije kuburizamo ibyasabwe n’ababuranira uregwa, aho bavugaga ko urwo rubanza rukwiye guhagarara, ngo kuko kuba leta y’Amerika irihira abatangabuhamya b’abanyarwanda ngo babashe kugera aho urubanza rubera bisa nka ruswa, bikaba byanatuma batanga ubuhamya bushinja kandi mu by’ukuri ntacyo bafite cyo gushinja uregwa. Gusa Leta y’Amerika yo ivuga ko kuba yaremeye guha amafaranga y’urugendo abatangabuhamya no kubacumbikira ari ibintu bisanzwe, atari ruswa babahaye.

Lazare Kobagaya w’imyaka 83 akaba akomeje kuburana urubanza ashinjwamo kuba yaratanze amakuru atariyo ubwo yakaga ibyangomba byo gutura muri Amerika, aho yavuze ko yabaga i Burundi hagati ya 1993 na 1995, mu gihe ubutabera buvuga ko mu 1994 yari mu Rwanda, ngo akaba yewe yaranagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi.

Ubuhamya bwatanzwe bwerekana ko yateye akanyabugabo abicaga, aho yabakanguriraga kwica abatutsi bashyizeho umwete. Ibyo ngo akaba yarabikoze hagati y’amatariki ya 15 Mata na 18 Nyakanga 1994.

Ibyo byose uregwa arabihakana akaba avuga ko atigeze arangwa n’ivangura na rimwe, haba mu guhora umuntu ubwoko, akarere, ishyaka, idini, ubwenegihugu n’ibindi byose bitandukanya abantu.

Igihe azaba ahamwe n’ icyaha cyo kubeshya mu gusaba ubwenegihugu, azahanishwa igifungo cy’imyaka 10, kwamburwa ubwenegihugu ndetse n’ amande y’ ibihumbi 250 by’ amadolari y’ Amanyamerika.

Saturday 23 April 2011

Willow Smith ... mu kuririmbira muri White house!


A seulement 10 ans, Willow Smith a déjà un CV de dingue. Pourtant, elle va ajouter une sacrée ligne à son CV puisqu'elle vient d'être invitée à chanter pour Barack Obama à la Maison Blanche ! Toutes les infos sur Purefans News by Adobuzz

Crédit : Abaca

A Pâques, les jeunes enfants mangent des oeufs en chocolat. Mais Willow Smith n'est pas une enfant comme les autres. A seulement 10 ans, la fille de Will Smith a été invitée à chanter à la Maison Blanche à l'occasion du 133ème '' Annual White House Easter Egg Roll''.

Cet évènement qui célèbre la fête de Pâques se déroule en présence du Président des Etats-Unis, de sa famille et de 30 000 invités à la Maison Blanche. Aux dernières nouvelles, c'est la fille aînée de Barack Obama qui aurait insisté pour faire venir Willow Smith.

On espère bien que l'interprète de Whipe My Hair la remerciera comme il faut, parce qu'un cadeau comme ça, c'est pas tous les jours !


Kandi burya ngo yifuza kumera nka Lady Gaga
A 10 ans, Willow Smith est déjà une star. Pourtant, elle semble viser bien plus haut puisqu'elle a affirmé vouloir ressembler à Lady Gaga ! Les rêves de la fillette sur Purefans News by Adobuzz.

Crédit : Abaca

Quand Willow Smith aime un artiste, elle n'est pas du genre à le cacher. En vraie fan, elle vient par exemple de faire une véritable déclaration d'amour à Lady Gaga, qui est visiblement son idole !

Ainsi, quand un journaliste lui demande ce qu'elle pense de LA star du moment, Willow s'enflamme : "Elle est géniale. Elle est explosive et a une personnalité vraiment explosive. J'aimerais tant être comme elle".

Niveau explosivité, Willow n'a rien à lui envier, surtout quand elle secoue ses cheveux dans tous les sens sur Whip My Hair !
 

Kicukiro: bari bamushimuse bashaka no kumuca umutwe

Abagabo babiri, Niragire Jean Pierre w’imyaka 30 na Karekezi Charles w’imyaka 19 y’amavuko, bashimuse akana k’imyaka ibiri hanyuma bategeka ababyeyi be kwishyura amafaranga ibihumbi magana ane (400.000 Frw), batayishyura uwo mwana agacibwa umutwe.

Ibikorwa nk’ibi byo gushimuta abana(Kidnapping Case) ntibimenyerewe mu Rwanda, bizwi cyane mu bihugu byateye imbere byo ku mugabane w’i Burayi na Amerika.

Muri ibi bihugu, abatekamutwe bashimuta abana bato, bagategeka ababyeyi babo gushyira kuri konti zihariye amafaranga y’umurengera, cyangwa se bagasaba ababyeyi babo bana gushyira ayo mafaranga ahantu hadasanzwe abashimusi baba bagennye.

Muri ibyo bihugu iyo amafaranga adatanzwe haba ubwo uwashimuswe ahasiga ubuzima, cyangwa abashimusi bakazamura ikiguzi cy’inshungu iyo amasaha ntarengwa bahaye ababyeyi mbere yarenze amafaranga ataratangwa.

Mu Rwanda rero, ababigerageje ntibabahiriye, kuko Polisi y’Igihugu ifatanyije n’ababyeyi b’umwana bakurikiranye bakabasha kumenya no guta muri yombi aba batekamutwe.

Nk’uko twabitangarijwe n’Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu Supt Theos Badege, aba bashimusi bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kicukiro. Yavuze ko hakoreshejwe inzira ndende ngo bishoboke, kuva mu ijoro umwana yaburagamo.

Supt Badege yavuze ko umwana yabuze kuwa 21 Mata mu ijoro, umubyeyi we atangira gukeka bamwe mu bantu bari hafi aho, barimo umwe mu bo yigeze kwirukana mu nzu ye(umupangayi). Abashimusi batangiye gukoresha amatelefoni atagaragaza numero n’amajwi umuntu atapfa kumuvbura nyirayo.

Umubyeyi yahuruje Polisi, itangira iperereza. Byageze ubwo bamusaba 400.000Frw ngo bamuhe umwana, yemera kuyabaha, bamusaba guhurira nawe mu gashyamba kari hafi y’i Masaka.

Polisi yamuherekeje yiyoberanyije, baza kubikeka babonye umuntu umwe batazi, bariruka bata umwana, atoragurwa n’umushumba waje kumuha umugore utuye hafi aho amwitaho.

Polisi yashatse umwana iramubura, ishatse uwamuhawe, umushumba avuga ko atamuzi, iperereza rirakomeza, hashyirwaho gushakisha no gukurikirana mu ngo hafi aho.

Ku mugoroba Polisi yakoze irondo rikomeye hafi y’urugo rw’umwe mu bashimusi ataha mu rukerera baramufata, aza kwemera icyaha agaragaza n’undi bari bafatanyije.

Umuvugizi wa Polisi yadutangarije ko bakurikiranyweho ibyaha bibiri, ubushimusi no gukoresha iterabwoba.

Polisi yasabye abaturage kudahungabana, kuko iki cyaha ari gishya mu Rwanda, kandi ifite inzira nyinshi zo gukemura ibibazo nk’ibi mu maguru mashya. Barasaba Abanyarwanda kujya biyambaza Polisi hakiri kare, nta birangirika, n’ibimenyetso bitarasibangana.

Friday 22 April 2011

Ubuzima ni wowe ubuha icyerekezo, iyo ushaka kububyaza umusaruro ubigeraho- Perezida Kagame muri KCT

imageNi kuri uyu wa Kane tariki 21 Mata 2011, ubwo Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yafunguraga ku mugaragaro Ikigo gikorerwamo ubumenyi-ngiro cya Kicukiro kiri mu ishuri ry’ ikoranabuhanga rya Kicukiro (KCT).

Mu ijambo rye ubwo yafunguraga iki kigo, Perezida Kagame yatangaje ko ubwo yasuraga iri shuri yashimishijwe n’ ibikoresho bitandukanye birimo kandi n’uko Abanyarwanda bazabibyaza umusaruro ufitiye akamaro u Rwanda.


Yakomeje ashimira Leta ya Koreya y’ Amajyepfo ku bw’ ubutwererane buri hagati y’ ibihugu byombi ndetse by’ umwihariko ku bw’uruhare runini bagize mu gutanga ibikoresho bizifashishwa muri icyo kigo.


Perezida Kagame yavuze ko mbere hari imyumvire mibi, aho amashuri y’imyuga yafatwaga ku rwego rwo hasi, biturutse kuri politiki mbi, ibi bikaba byaratumye nta guteza imbere iki gice kwabayeho kuko bagifataga nk’aho kigenewe abimwe amahirwe yo kwiga.


Umukuru w’igihugu yahaye ubutumwa abanyeshuri agira ati: “Ubuzima ni wowe ubuha icyerekezo, iyo ushaka kububyaza umusaruro ubigeraho, iyo ushaka kubuha agaciro niko bigenda kandi n’iyo ushaka kubwangiza niko bigenda, ni ukuvuga ko byose bituruka ku guhitamo kwawe kugira ngo ubuzima bwawe bube uko ubyifuza.” Yongeyeho ko bagomba kugira umutima wo kuvugurura no kuvumbura.


image

Ati "uko wifuza ubuzima bwawe niko buzakugendekera"

Yasoje ijambo rye abizeza kuzakorera hamwe n’iri shuri kugirango babashe kugeza u Rwanda aho rugomba kuba mu bijyanye n’ amajyambere.


Umuyobozi w’ iri shuri, Ir Joseph Mfinanga mu ijambo rye ry’ ikaze yatangaje ko ubumenyi bw’ abanyeshuri buturuka ku bumenyi bw’ abarimu, yakomeje avuga bifuza kuzashyiraho ikigo gihugura abarimu kugira ngo hatezwe imbere ubunyamwuga muri bo. Yongeye gushimira Perezida wa Repubulika ku bw’ubwitange bwe mu guteza imbere imyuga, bwatumye babona inkunga ya KOICA nyuma y’ uruzinduko rwe muri Koreya y’ Amajyepfo muri Kamena 2008.


Nyuma y’ ijambo rye, Umuyobozi w'ikigo yashyikirije impano Perezida wa Repubulika mu izina ry’ ikigo ayoboye.


Umuyobozi wungirije w’Ikigo cya Koreya y’ Amajyepfo Gishinzwe Ubutwererane Mpuzamahanga (KOICA), yashimiye Perezida w’ u Rwanda kuko yitabiriye uyu muhango, yongeraho ko uyu mushinga watangijwe ubwo Perezida Kagame yasuraga Koreya y’Amajyepfo mu mwaka wa 2008.


Yakomeje avuga ko iki gikorwa ari itangiriro ry’ ubutwererane hagati y’ ibihugu byombi, kandi ko Leta ya Koreya izakomeza gushyigikira u Rwanda kugera ku cyerekezo 2020, ibinyujije muri KOICA.


Ishuri ry’ ikoranabuhanga rya Kicukiro ryatangiye mu mwaka wa 2008, ubu rifite abanyeshuri 749, muri bo 16% ni igitsina gore. Iri shuri ritanga impamyabumenyi yo ku rwego rwa A1 mu mashami agera ku munani.


Iki kigo cy’ ubumenyi-ngiro cyatewe inkunga na KOICA, kizafasha mu kubaka ubushobozi mu mashami atanu y’ubwubatsi, amashanyarazi, ikoranabuhanga ryo mu nganda, ubukanishi bw’ imodoka n’ ikoranabuhanga mu itumanaho.


image
Perezida Kagame afungura ku mugaragaro ikigo cy'ubumenyi-ngiro
cya KCT


image

image

image

Aha Perezida Kagame n'abandi bayobozi batambagiraga bareba
ibice bitandukanye bigize icyo kigo


image

image
Umuyobozi w'ishuri ry'ikoranabuhanga rya Kicukiro
ashyikiriza umukuru w' igihugu impano


image

Umuyobozi wungirije wa KOICA ashimira Perezida Kagame

image

Abanyeshuri n'abarezi ba KCT bari bitabiriye ibyo birori

image

image

image

image
image

Tuesday 19 April 2011


Rwanda- Richard Sezibera yasimbuye Mwapachu ku mwanya w'ubunyamabanga bukurubwa EAC

Rwanda: Richard Sezibera former Health Minister
Uwahoze ari Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Richard Sezibera yagizwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba.

Hari hashize iminsi mike bitangajwe ko u Rwanda ari rwo rwatorewe umwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bwa East African Community. Nyuma yo kubiganiraho, inama iri kubera muri Tanzania yemeje ko Docteur Sezibera Richard abaye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba – EAC.

Uyu muryango ugizwe n’ibihugu bitanu: Kenya,u Burundi, Tanzania, Uganda, n’u Rwanda. Mu banyacyubahiro bari muri iyi nama, harimo Yoweri Kaguta Museveni Perezida wa Uganda, Mwai Kibaki wa Kenya, Petero Nkurunziza uramutswa u Burundi na Dr Jakwaya Kikwete uyobora Tanzania.

Docteur Sezibera Richard asimbuye kuri uyu mwanya Juma Mwapachu ukomoka muri Tanzania, igihugu cyari gifite ubu buyobozi.
Dr Richard Sezibera from Rwanda has a good plan
Sezibera Richard ni muntu ki?

Docteur Sezibera Richard ni Umunyarwanda, yavutse kuwa 05 Kamena 1964. Yashakanye na Eustochie Sezibera babyarana abana bane.

Afite impamyabumenyi y’ikirenga (Doctorat) mu by’Ubuvuzi. Yabaye kandi umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda, ku rwego rw’aba Ofisiye, ipeti rye ni Major.

Major Docteur Richard Sezibera yabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yabaye Intumwa ya Perezida Paul Kagame mu karere k’Ibiyaga bigari, yabaye Umujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, aba na Minisitiri w’ubuzima.

Dr Richard Sezibera azwiho kuba umuhanga muri dipolomasi. Mu bumenyi bw'indimi avuga nyinshi zikoreshwa muri kano karere kabarizwamo Umuryango w'ibihugu bigize Afurika y'Iburasirazuba (East African Community).

10 bonnes raisons de ne pas se marier

Votre copine vous traine tous les ans au salon du mariage ? Vos parents vous demandent sans cesse « alors, c’est pour quand ?» ? La concierge veut savoir si vous ferez des enfants hors mariage ? Voici quelques arguments à leur mettre sous le nez, qui prouvent que le no-mariage, c’est l’avenir du couple … 


1. Ça coute trop cher ! Entre le traiteur, le photographe, la salle, le feu d’artifice (soyons fous !), le prix d’un mariage moyen est difficile à évaluer, mais va vite atteindre un nombre à 4 chiffres… Ne préférez-vous pas garder cette somme pour un achat immobilier, ou une croisière aux Caraïbes ?

2. C’est out ! Les couples mariés-et-fiers-de-l’être, ce n’est plus à la mode ! Trop plan-plan, les femmes du troisième millénaire ne sont plus des épouses suiveuses, elles s’assument, s’autofinancent, s’autogèrent, donc « s’auto-nomment »… Regardez les couples phares des années 2000 : Angelina Jolie et Brad Pitt, Vanessa Paradis et Johnny Depp, Charlotte Gainsbourg et Yvan Attal … Pas besoin d’être passés devant le maire pour s’aimer !


3. C’est stressant ! Seules une personne étant elle-même passé devant M. le maire peut comprendre l’état de stress qui anime les futurs mariés (enfin, surtout la mariée…). Oui, choisir entre vert d’eau et vert émeraude mérite une réflexion d’une semaine, avec liste des pours et contre à la clé. Oui, mettre tonton Jacques à coté de Marie-Odile peut friser l’incident diplomatique. Au final, beaucoup de stress, de prises de tête avec son chéri pour des détails qui n’en valaient pas la peine. Si vous côtoyez une future mariée, glissez le classeur-démo des nappes sous le canapé et faites-lui une tisane, elle en a besoin…

4. C’est infantilisant ! Les repas entre parents et beaux parents tous les dimanches sous prétexte que « notre merveilleux fils épouse votre si charmante fille » et surtout que « vu qu’on paie, on peut quand même donner notre avis » sont à proscrire. Si vous dormez dans votre ancienne chambre de jeune fille, et le fiancé dans la chambre d’amis, ne vous étonnez pas de votre baisse de libido. De plus, votre image de jeune avocate indépendante et brillante en prend un coup quand maman vous beurre les tartines au réveil… Un conseil simple : Si on veut se marier, c’est qu’on est grand. Donc si on est grand, on assume et on paie tout seul, sans papa-maman.

5. Tout ça pour une journée… « Je me marie en 2018, tu es libre ? ». J’exagère à peine : la plupart des couples compte un voir deux ans entre la demande officielle, le moment où ils se disent « Banco, tu es la femme de ma vie ! » et le fameux « oui, je le veux » avec échange des alliances. Sachant que cette journée, vous n’en profiterez pas un instant (cf. points 3,4,5 et 7). 365 jours, voir 730 pour les moins pressés, où vous auriez pu, au lieu de courir après le DJ-photographe du siècle, apprendre le chinois, avoir une promotion, ou… rencontrer un mec mieux !

6. Ça coupe la libido ! Les essayages chacun de son côté, le stress, les heures de démarches, les discussions stériles à négocier le plan de table, vous n’avez plus d’énergie. Et certainement pas pour un petit câlin coquin le soir. A ce rythme-là, vous ne saurez même plus comment faire l’amour le soir de la nuit de noces (ou vous serez tellement épuisés que vous la passerez à ronfler) !

7. Quoi qu’on fasse, ça n’ira pas ! Sous prétexte que papa et maman ont mis la main au porte-monnaie (cf. point 4…), ils critiquent tout. Eux, mais aussi tata Jeannine qui ne digère pas les crevettes, votre cousine de 14 ans qui râle d’être à la table des enfants, les collègues de votre mari qui n’aime pas la musique du DJ… Devant vous, tout le monde vous trouve sublime, mais vous avez entendu quelqu’un dire que la robe vous boudinait ! C’est comme ça, vous êtes censés avoir donné le meilleur de vous-mêmes (cf. points 3 et 5), ce n’est pas drôle de pointer les réussites ! Les gens aiment bien cancaner, pointer les choses bancales, c’est le syndrome langue de vipère, qui se répand vite dans les mariages !

8. Ça fait grossir ! Le vrai ennemi de la mariée, ce n’est pas la belle-mère ou la collègue sexy du fiancé, mais le test du traiteur… pour choisir la pièce montée, il faut goûter toutes les crèmes pâtissières et choux possibles. Il faut également tester les amuses bouches du vin d’honneur, les viandes en sauce, les vins, les fromages, … Autant commander une robe deux tailles au-dessus !

9. Le choix d’un témoin est problématique Oui, il y a Sophie, votre amie d’enfance à qui vous aviez juré qu’elle serait témoin quand vous aviez 11 ans. Mais Nadia, votre collègue qui vous a hébergé lors de votre première dispute avec Chéri n’a-t-elle pas aussi gagné son droit à être témoin ? Et votre sœur cadette – qui en plus vous a présenté votre futur époux ? Du coup, votre sœur aînée devrait aussi l’être pour ne pas faire de jalouses. Mais Stefen, votre ami garçon qui vous a aidée à séduire Chéri, Claudia votre cousine qui elle, vous avait choisi comme témoin et Karen, votre boss, sont aussi persuadés que vous allez les choisir… Un truc à se fâcher avec tout le monde, cette histoire de témoins.


10. Ça va se terminer en divorce… Voici des statistiques qui ne vont pas plaire aux futurs mariés : un mariage sur trois se termine par un divorce, un sur deux à Paris ! « Oui, mais pas nous ! » Va vous répondre le jeune couple en se regardant comme des jambons les mains entrelacées… N’empêche, regardez bien autour de vous : vous avez participé à trois mariages cet été ? Dans quelques années, ce ne sera peut-être plus Julie et Nicolas, mais Julie et Max, Julie et Mathilde, ou Julie-la-célibataire.

Top dix des présidents africains actuels restés les plus longtemps au pouvoir

L’Afrique est connue pour avoir le taux le plus élevé de présidents indéboulonnables. Omar Bongo, considéré comme le doyen des présidents africains, est mort l’an dernier à l’âge de 73 ans, après 41 ans d’un règne sans partage sur le Gabon. Il n’était pas le seul vieux président à s’agripper au pouvoir. Nombreux sont les chefs d’État qui confisquent le trone présidentiel leurs pays pendant plusieurs décennies, et/ou restent à leur poste jusqu’à ce que mort/coup d’Etat/révolution populaire ai raison d’eux. Petit tour d’horizon des présidents africains patriarches.

khadafi

1. Mouammar Kadhafi.

Pays : Libye
Au pouvoir depuis : 41 ans.
Obian Nguema

2. Theodoro Obiang Nguena Mbasogo

Pays: Guinée équatoriale
Au pouvoir depuis : 32 ans
Jose-Eduardo-dos-Santos

3. José Eduardo dos Santos.

Pays : Angola
Au pouvoir depuis :32 ans.
hosni-moubarak

4. Mohammed Hosni Said Moubarak.

Pays : Egypte
Au pouvoir depuis : 30 ans. Contraint à la démission le 11 Février 2011 suite à la révolution populaire .
Nsassou Nguessou
Nsassou Nguessou

5. Denis Sassou Nguesso.

Pays : Congo Brazaville
Au pouvoir depuis : 29 ans (1977-1992 puis 1997-aujourd’hui).
Paul Biya

6. Paul Biya.

Pays : Cameroun
Au pouvoir depuis : 29 ans.
yoweri-museveni

7. Yoweri Museveni.

Pays : Ouganda
Au pouvoir depuis : 25 ans.
mswani III roi du swaziland

8. Roi Mswati III.

Pays :  Swaziland
Au pouvoir depuis : 25 ans.
Robert Mugabe

9. Robert Gabriel Mugabe.

Pays : Zimbabwe
Au pouvoir depuis : 24 ans.
ben ali