Saturday 26 November 2011

Wari uzi umumotari w'igitsina gore ukorera muri Kigali?


Mukeshimana Vestine ni umugore ukora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto afite imyaka 31, yagarukiye mu mwaka 2 w’amashuri y’isumbuye akaba afite abana bane, yatangiye umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu mwaka 2009, akorera Mjuyi wa Kigali kuri ‘ligne’ ya Kimironko ; mu gushaka kumenya byinshi byerekeranye n’uko akora uyu mwuga udakunda gukorwa n’abakobwa cyangwa abagore bagenzi be, Umunyamakuru wa IGIHE.com Nkurunziza Faustin yaramwegere bagirana ikiganiro kirambuye.

IGIHE.com : Watangiye umwuga wo gutwara moto ryari ?

Mukeshimana : Natangiye umwuga wo gutwara moto mu mwaka 2009
IGIHE.com : Mbere y’uko uza muri uyumwuga wo gutwara moto wakoraga iki ? Kuki aribyo wahisemo gukomeza gukora ?


Mukeshimana : Mbere y’uko nza mu mu mwuga wo gutwara moto natangaga Essence kuri Station (nari umu Pompiste) Umugabo wanjye akimara kwitaba Imana mu mwaka 2009 nahise ntangira gushakisha ubuzima mu buryo bwose kugirango abana bane yansigiye mbashe kubatunga no kubarihirira amashuri. Kuba narahisemo gutwara moto n’uko numvaga mbikunze kandi mbishoboye kuko mu buzima bwanjye nkunda gushakisha imibereho yose yanteza imbere n’abana banjye.
IGIHE.com : None se iyi moto utwara n’iyawe ?
Mukeshimana : Oya moto ntwara si iyanjye n’iya Boss.
IGIHE.com : Ni ibihe byiza wabonye mu mwuga wo gutwara moto ?



Mukeshimana : Umwuga wo gutwara moto ni mwiza cyane kuko untungiye urugo rwanjye nkabasha kurihirira abana banjye amashuri, ku munsi nshobora gutahana amafaranga agera 2000 nkabasha kuverisa amafaranga 5000 kuri Boss wanjye kandi nkaba mbasha kwishyura inzu mbamo y’ubukode n’ubwo njya kuyabona byangoye cyane gusa bimbeshejeho.


IGIHE.com : Ni izihe mbogamizi waba uhura nazo muri uyu mwuga wo gutwara moto ?
Mukeshimana : Zimwe mu mbogamizi nkunze guhura nazo ni nko kubura amafaranga bitewe n’uko abamotari babaye benshi cyane hano mu Mujyi wa Kigali, ikindi n’uko njyewe ntaha kare nko mugihe saa tatu z’ijoro kugirango jye kwita kubana bajye mba nasize mu rugo.
IGIHE.com : Ufite Categorie zingahe zo gutwara ibinyabiziga ?
Mukeshimana : Kuri ubu mfite categorie A ya moto ariko ndateganya gukorera Categorie B kugirango ndebe ko nazamuka mu ntera.

IGIHE.com : Niba atari ibanga watubwira imyaka yawe n’abana ufite ?
Mukeshimana : Mfite imyaka 31 nkagira abana 4 barimo impanga ebyiri z’Abakobwa umwana wajye mukuru ageze mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza. Kuri ubu numva ntazongera gushaka umugabo nzarera abana mfite ubundi ndekeraho.
IGIHE.com : ubutumwa watanga ku bategarugori bakitinya mugukora imirimo nk’iyi imenyerewe ko ikorwa n’igitsina Gabo ni ubuhe ?

Mukeshimana : Ubutumwa natanga n’uko abantu tugomba gukura amaboko mu mufuka tugakora tugashakisha imibereho mu buryo bwose kuko n’ufasha umuntu agira aho ahera kandi umutungo utaruhiye ntabwo umenya kuwujera neza. Ikindi navuga n’uko nasaba ubufasha ku nzego zishinzwe ibibazo by’Abagore kugirango bamfashe kwigurira moto yajye kugirango mbashe kwikorera kuburyo natunga abana banjye ndetse no kubarihirira amashuri kuko mu myaka iri mbere bazaba bageze mu myaka y’isumbuye ku buryo bizangora kubarihirira amashuri yabo. Kuko ndamutse mbonye moto nabasha kuyibyaza umusaruro kandi nkiteza imbere. Uwakenera kumfasha wese yampamagara ku +250 728 549 610, +250 783 539 610 nizo numero zanjye.

IGIHE.com : Murakoze cyane

Mukeshimana : Murakoze namwe

Wednesday 23 November 2011

Masho Mampa out of Jail


Mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo kuri uyu wa kuwa Kabiri Tariki ya 22 Ugushyingo 2011, nibwo umuhanzi Marshal Mampa yasesekaraga Kicukiro avuye muri Gereza Nkuru ya Kigali izwi ku izina rya 1930. 


Mu kiganiro kirambuye (ushobora no kwiyumvira kuri IKIREZI.rw, Marshal Mampa) yagize ati:“Ubu ngubu ndi out (ndi hanze) ubu ngubu ndi kurara muri studio”.


Yavuze kandi ko mu myaka 2 yari amaze afungiwe muri gereza hari ibintu bitangaje atabasha kurondora yagiye ahabona kandi byamwigishije mu buzima. Yagize ati:“Muri Jela (gereza) nagiye mpabona ibintu byinshi cyane, nagiye mpabona udutendo twinshi”.


Marshal kandi yatangarije IKIREZI.rw ko umukobwa uzwi cyane muri showbiz nyarwanda uzwi ku izina rya Sonia Cyurinyana azaburana muri uku kwezi, bityo nawe akaba yitegura gufungurwa mu misni ya vuba. Yanavuze kandi ko bari babanye neza muri gereza kandi ko abantu benshi bari babazi.



Uyu muhanzi Marshal Mampa yatangarije IKIREZI.rw ko agiye gutangira kurara amajoro muri Studio ya Unlmited kugira ngo akomereze aho yari agejeje mu muzika ye.


Marshal Mampa yakiriwe n’inshuti ze nk’abaraperi Diplomate, Jay-C, Pacson, umuhanzi utunganya umuziki Lick Lick, bamwe mu bakwirakwiza ibihangano barimo Dj Kalisa John, Dj Manzi, n’abandi benshi bamuhaye ikaze muri kicukiro.




Uyu muhanzi azwi mu ndirimbo nka Ibyanjye Ndabizi, Irimbi ry’abazima, Babiri ku rutonde n’izindi.

Tuesday 22 November 2011

Miss Jojo ntiyishimiye guharikwa


Mu ndiirmbo ye, Umuhanzi kazi Miss Jojo aragargaza ko atishimiye guharikwa.










Reba Video yayo hano:



Dr Claude yafashishije abantu b’imigabane yose mu ndirimbo ‘I LOVE YOU SO’



Mu gukora amashusho y’indirimbo ye nshyashya, umuhanzi Dr Claude yahisemo gukoresha abantu b’imigabane y’isi yose mu rwego rwo kwerekana ubusabane n’ukwisanzura agira mu bantu.



Aya mashusho, yakozwe na Showface Season II mu bufatanye na NIB studios akayoborwa na Dir Cedru, agaragaza uyu muhanzi ari kumwe n’abahinde, abazungu, abirabura, abanyaziya, abayapani, abashinwa, n’abantu b’andi moko atandukanye azengurutse isi. Aganira na IGIHE.com, Dr Claude avuga ko mu kwisanzura kwe ku bantu benshi byatumye yifuza ko bakorana iyi ndirimbo yaririmbye mu ndimi ebyiri; icyongereza n’igiswahili.



Yagize ati:”Bariya ni inshuti zanjye zose, dusanzwe tuziranye kandi ndakunda abafana banjye cyane niyo mpamvu nabakoresheje muri Video y’iyi ndirimbo I Love You So’’.


Reba iyi Ndirimbo I Lovew You So Y’umuhanzi Dr Claude kuri IGIHE.com:





Uyu muhanzi wakunze kugaragara mu mashusho y’indirimbo ze kenshi ari kumwe n’abantu baciriritse kandi boroheje, avuga ko kimwe mu bintu bimushimisha mu buhanzi bwe ari uko yungukiramo inshuti nyinshi kandi zimugirira akamaro. Ibi bikaba binatuma mu bihangano bye hatajya habura amazina y’abantu runaka aba aririmba, bose b’inshuti ze baba baragiye bamufasha mu buzima cyangwa se ari uko bari inkoramutima ze, nk’uko nyir’ubwite yabitangarije IGIHE.com.


Iyi ndirimbo ‘I Love You So’ y’umuhanzi Dr Claude ije yiyongera ku ndirimbo ze zifite amashusho zindi nka Baramujyanye, Contres Succes  na Amidhah (yakoranye na Sugu Jay. Ibi bihangano bye, uretse gukundwa mu Rwanda, bigenda byumvikana kandi bigahararwa n’abantu batandukanye mu bihugu bya Afurika y’I Burasirazuba by’umwihariko mu gihugu cy’u Burundi, aho afite inshuti nyinshi ndetse na bamwe mu bo mu muryango we.


Thursday 6 October 2011

Apple Co-Founder Steve Jobs DEAD AT 56

Steve Jobs umwe mu nkingi z’ikoranabuhanga ku isi wanashinze Apple yitabye Imana Umunyamerika Steve Jobs, wahoze ari umuyobozi wa Apple (iPhone, iPad, iPod, iMac and iTunes) akaba ari umwe mu bashinze iyi Sosiyeti, yapfuye ku mugoroba wo kuri uyu wa 05 Ukwakira, ku myaka 56 y’amavuko, azize indwara ya kanseri.

Steve Jobs yavutse tariki ya 24 Gashyantare mu mwaka wa 1955 avukira muri Leta ya California mu gace ka San Francisco. Yabyawe na Abdulfattah John hamwe na Joanne Schieble nyuma y’igihe gito avutse aza kurerwa na Paul na Clara Jobs aribo bamureze kugeza akuze.

Mu mwaka wa 1976, Steve Jobs na bagenzi be ( Steve Wozniak hamwe na Ronald Wayne ) baje kuvumbura Apple barayikorera ariko Jobs afite n’ indi mirimo yikorera ku giti cye. Mu mwaka wa 1986 , yaje kwifatanya na John Sculley mu rwego rwo gukomeza gukora ubushashakashatsi mu bijyendanye na tekinoloji , Sculley yaje kumutenguha ubwo yamwirukanaga kandi ari na we (Steve Jobs) wamuhaye akazi.
Jobs ntiyacitse intege yarakomeje arakora ndetse aza no gusohora igihangano cye cya gatanu aho cyamwunguye amafaranga agera kuri miliyoni makumyabiri z’ amadorali aboneraho ahita ahimba indi sosiyete yitwa NeXT muri uwo mwaka ndetse agura n’ ama situdiyo atunganya amafilime.

Mu mwaka wa 2003 nibwo Jobs yaje kwibasirwa n’ iyi ndwara ya kanseri y’ urwagashya , iyi ndwara yahangayikishije benshi cyane cyane sosiyete ya Apple kuko bamufataga nk’ umutwe wa sosiyte yose . Yaje gukorerwa isuzuma ndetse biba ngombwa ko bamuhindurira urwo rwagashya bamushyiramo urundi mu mwaka wa 2009. Yakomeje kujya ahura n’ ibibazo byinshi biturutse kuri iyi ndwara.

Ubwo yagaragarga bwa nyuma mu ruhame rw’ abantu benshi ni mu kwezi kwa Werurwe gushize mu muhango wo kugaragaza ku mugaragaro igihangano cya sosiyete Apple aricyo iPad 2 aho yanatangaje ko ubuzima bwe butameze neza ndetse bihangayikisha benshi.

Mu ijoro ryakeye (saa munani z’ijoro) nibwo iyi nkuru y’ akababaro yashyizwe ahagaragara na Sosiyete ya Apple , aho yagize iti :”Tubabajwe cyane no gutangaza urupfu rwa Steve Jobs’’. Uru rubuga rwa Apple.com rwahise rushyiraho ifoto ye yanditseho ngo “Steve Jobs, 1955 – 2011”, mu rwego rwo kwifatanya n’umuryango n’inshuti za Steve Jobs, umwe mu nkingi za tekinoloji ku rwego rw’isi.
Mu butumwa umuryango we washyize ahagaragara wagize uti :”Steve yapfuye mu mahoro akikijwe n’umuryango we’’.

Icyababaje umuryango we ndetse n’ imbaga nyamwinshi nuko hari hashize umunsi umwe hasohotse ikindi kihangano gishya “IPhone 4S” cy’ iyi sosiyete ya Apple yagizemo uruhare rukomeye cyane kugirango gikorwe kandi kinasohoke. Iki gihano kikaba kitari cyatangira kugurishwa kuko indi sosiyete ya Samsung bahangana yakirega kuba gifite inenge.

Mu ijambo rye rya nyuma ubwo yeguraga ku buyobozi bwa Apple kubera impamvu z’ uburwayi yagize ati :’’Nakunze kuvuga kenshi ko hazabaho umunsi umwe nzaba ntagishoboye kuzuza inshingano zanjye nk’umuyobozi wa Apple, nazafata iya mbere mu kubibamenyesha”. Steve Jobs asize abana bane .
Hatanzwe ubutumwa bwo kihanganisha umuryango :
Barack Obama yagize ati :”Michelle na njye twababajwe no kumwa urupfu rwa Steve Jobs, yari umuntu ukomeye wahoraga wifuza guhindura ibintu ari nako ahindura isi, atubere urugero twese nk’ abanyamerika ”
Tim Cook ukiriye sosiyete ya Apple nawe yavuze :”Apple yabuze unyabwenge ukomeye n’ isi yabuze umuntu ukomeye , Steve assize inyuma sosiyete yashoboraga kubaka wenyine , aracyari mu mitima yacu kandi azahora tuzamukurikiza”
Mark Zuckerberg washinze urubuga rwa Facebook : “Steve warakoze kuba warambereye inshuti ndetse ukamfasha cyane mu gutangiza urubuga rwanjye, warakoze kutwereka kandi ko ibyo dukora byose bihobora guhindur isi, tuzagukumbura”

Bill Gates nyiri Microsoft nawe yajyize icyoavuga :”Ntago byoroshye ko isi izongera kubona umuntu nkawe, ibikorwa byawe bizagaragarira benshi ndetse n’ abo abuzukuruza bwe bzabyara.”
G S Choi ukiriye sosiyete ya Samsung (bakaba bari bafitnye amakimbirane kuko bakoraga ibintu bias naho ari bimwe) nawe yagize ati : “Ibihangano bye byose ndetse n’ impinduka zibye byose bikomeza bizenguruka kwisi hose ari nako tukwibuka.”

Arnold Schwarzenegger nk’ uwari guverineri wa Leta yavukagamo yagize icyo vuga :”Steve yabayeho ubuzima bwe bwose nk’ umunyakaliforiniya,yahinduye isi ndetse adutera tee umuhate wo kuyihindura”
Eva Longoria nk’ umukinnyi wa filimi wari inshuti y’ umuryango naw yagize ati : “Umutima wanjye wifatanyije n’ umuryango wa Steve Jobs ,yari umuntu ukomeye ufite impano yo guhanga , tuzagukumbura.”

Saturday 6 August 2011

Nicki Minaj --amabere hanze muri "Good Morning America"


With Nicki Minaj's recent nipple slip during her Good Morning America performance, everyone is buzzing.




Though the mishap was unfortunate, poor Nicki isn't the only celebrity to ever have an embarrassing incident happen onstage.


Embarrassing moments happen sometimes and celebrities are people too!


From falling, to being egged, to forgetting the lyrics, other performers have had a few blunders while taking the stage.


The good news is, people forget about these incidents eventually or just move on to the next.


However, here's a reminder of some of the other celebrities who have fallen victim to onstage mishaps.


Click through to find out who else had embarrassing moments on stage!




Justin Bieber yatembereye yambaye umupira wanditseho ngo "Fuck You" !

Justin Bieber serait-il en passe de devenir un vrai bad boy ? 






Après avoir coupé sa mèche, s'être fait tatouer et avoir opté pour les boucles d'oreilles, Justin porte désormais un T-Shirt provocateur ! 






Alors qu'il faisait un peu de shopping dans un magasin Armani de Los Angeles, Justin a été aperçu avec le fameux T-shirt où étaient marquées des paroles de Cee-Lo Green : "F** You, and f**k her too" ("Va te faire voir et qu'elle aille aussi se faire voir", en français, pour rester poli...). 




Pourquoi autant de vulgarité ? Le chanteur serait-il en train de jouer les rebelles ou voudrait-il simplement montrer son admiration pour Cee-Lo Green ?








Réponse au prochain épisode.

Lady Gaga araregwa kuba yaribye indirimbo Judas


Lady Gaga
's hit song "Judas" is a total rip-off of a 1999 song called "Juda" ... so says a singer named Rebecca Francescatti ... who just filed a lawsuit against Gaga in federal court.

Rebecca claims the similarities between the two songs are NOT a coincidence ... because her former bass player -- Brian Gaynor -- is now employed by a music company that wrote 17 songs on Gaga's recent "Born This Way" album.

Rebecca's lawyer, Chris Niro, tells TMZ, "Though the songs are different styles, the composition is the same and the chorus is the same melody ... [Rebecca] is seeking recognition for what she created."

Francescatti, who sings under the name Rebecca F., is suing for unspecified damages.

We called Lady Gaga's camp for comment ... no word back so far.

Saturday 30 July 2011

Rwanda Expo 2011 opens !


Bamwe mu bayobozi n’abandi bantu baturutse mu bihugu bitandukanye, bitabiriye imurikagurisha ryafunguwe ku mugaragaro kuri uyu kane i Gikondo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko iri murikagurisha riri mu mamurikagurisha mpuzamahanga make abera mu bihugu by’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EAC).


Iri murikagurisha ryafunguwe kumugaragaro na Minisitiri w’intebe, Bernard Makuza. Kubera ubwinshi n’ubwiza bw’ibiri kumurikirwa muri iri murikagurisha, mu gihe Minisitiri Makuza yasuraga ibikorwa bimurikwa mu myanya yabugenewe (stands) yavuze ko ba rwiyemezamirimo bagakwiye kumenyekanisha kurushaho ibikorwa byabo.


Yagize ati : “Ibi bikorwa biri aha ni nkenerwa cyane mu Rwanda dukeneye abamenyekanishabikorwa bahagije kandi babishoboye”. Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera (PSF), Faustin Mbundu yavuze ko n’ubwo iri murikagurisha ryitabiriwe cyane ngo ryakagombye kurenzaho.


Yagize ati : “Kuba iyi expo yitabiriwe ni ukuvuga ko abashoramari mu Rwanda babaye benshi kugeza n’ubwo hari ababuze imyanya ariko ni ikibazo cyabo kuko usanga barindira kwiyandikisha ku munota wa nyuma”.
Minisitiri w’ubucuruzi, inganda n’ubufatanye muri Uganda, Amelia Kyambadde nawe wari witabiriye iri murikagurisha yavuze ko iri muri kagurisha rifite umwihariko.



Agira ati : “Uyu ni umwihariko mu muryango w’ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afurika kuko nta handi wabona imurikagurisha ryitabirwa n’abanyamahanga kuko nk’iwacu muri Uganda ryitabirwa n’abanyagihugu gusa."
Iri murikagurisha ryitabiriwe n’abamurikabikorwa 486 baturutse impande zitandukanye z’isi ; ku mugabane w’Afurika, u Burayi, Amerika n’Aziya. Abamurikabikorwa b’abanyamahanga baryitabiriye ni 141. Iri ni ryo murikagurisha ryitabiriwe n’abantu benshi ugereranije n’andi agera kuri 13 yabaye mu myaka ishize.


Friday 29 July 2011

SOULJA BOY DROPS $55 MILLION ON PRIVATE JET

According to TMZ Soulja Boy doesn't know the meaning of the word recession -- because TMZ has learned, the 21-year-old rapper is dropping $55 MILLION on a new private jet.

A member of Soulja's management team told TMZ that the kid bought himself a G5 jet as a birthday present to himself this week.

The jet cost $35 mil ... but that's just the beginning. We're told the birthday boy is dropping an additional $20 million to pimp out his ride with all sorts of cool stuff ... like 12 custom Italian leather seats, flat screen TVs, 4 liquor bars, a special travertine tiled floor, and Brazilian hardwood cabinets.

We're told S.B. is also gutting the in-flight lavatory -- and replacing it with a giant, LUXURIOUS bathroom. Oh, he's also giving the jet a custom paint job ... to include his logo.

And if that's not enough for someone's 21st -- we're told Soulja's also spending $300,000 to throw himself a blowout birthday party at a Miami nightclub tonight ... and Dwight Howard, Bow Wow, and Sean Kingston are all expected to attend.

Museveni starts his visit in Rwanda


Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nyakanga, ahagana saa kumi nibwo indege yaje itwaye Umukuru w’Igihugu cya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yari isesekaye i Kanombe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga, aho aje mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine.

Saa kumi n’iminota itanu nibwo Perezida Museveni ari kumwe n’umufasha we Janet Museveni bururutse mu ndege, ubwo bakirwaga n’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, ndetse n’umufasha we Madamu Jeannette Kagame.

Museveni, ahagaze iburyo bwa Perezida Kagame, afashe ingofero ye mu kuboko kw’imoso, bombi bubahirije indirimbo z’ibihugu nyuma batambagizwa ndetse berekwa akarasisi k’ingabo z’igihugu kari kagizwe n’abasirikare 96.

At airport, immediately after arriving

Nyuma yo kugenzura akarasisi, Perezida Kagame yeretse Museveni abagize Guverinoma ndetse n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bari baje kumwakira ; Museveni nawe yamweretse abashyitsi bazanye nawe, nuko bombi bakirwa n’Itorero ry’Igihugu, aho Kagame yeretse Museveni n’abashyitsi bari kumwe uko bakira abashyitsi mu muco Nyarwanda.
He honored genocide victimes


Uretse Perezida wa Repubulika y’u Rwanda n’umufasha we bari baje kwakira Museveni, hari n’abandi bayobozi bakuru bo muri Guverinoma y’u Rwanda barimo Minisitiri w’Intebe Bernard Makuza, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushikiwabo, abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda n’abandi.
Nyuma yo kuva ku kibuga cy’indege, Perezida Museveni yerekeje ku gicumbi cy’Intwari i Remera, ahashyinguye intwari zirimo Fred Gisa Rwigema wari inshuti ye magara, aho yashyize indabo ku mva nk’ikimeyetso cyo kunamira izi ntwari.

He honored Fred Gisa Rwigema's tomb

Perezida Museveni kandi yaboneyeho kujya ku Rwibutso rwa Gisozi aho yunamiye inzirakarengane zisaga ibihumbi 259 zazize jenoside yakorewe Abatutsi zihashyinguye.
Biteganijwe ko kuri uyu wa Gatandatu, ku munsi wa Kabiri w’ uruzinduko rwe, Perezida Museveni azakorana umuganda n’ Abanyarwanda, asure n’ibindi bikorwa by’amajyambere.

Wednesday 27 July 2011

Il naît avec 34 doigts...



 En Inde, un enfant vient d'être inscrit au Guinness des Records grâce à une particularité étonnante : il possède 34 doigts !


Akshat Saxena est un petit garçon indien d'un an qui présente une particularité pour le moins surprenante. Il est en effet né avec 34 doigts ! Plus précisément, le jeune bambin est doté de 14 doigts aux mains, et de 20 doigts de pied. Grâce à l'inscription de ses parents sur internet il y a quelques mois, Akshat est aujourd'hui entré dans le Guinness des Records, explique le Daily Mail.

Jusque-là, le record était détenu par un jeune Chinois de six ans qui avait 15 doigts de main et 16 doigts de pied. Ce trouble génétique est appelé la "polydactylie", et entraîne la pousse de nombreux doigts de mains ou de pieds. Cela présente aussi certaines anomalies. Ainsi, Akshat Saxena a subi de nombreuses opérations depuis sa naissance, notamment pour réduire ses nombres de doigts, mais également pour lui constituer un pouce.