Wednesday 4 May 2011

Puff G kuba adafite Mannager ngo biri kumugora kugaragara mu marushanwa



paf g
Umuhanzi wa RNB hano mu Rwanda Puff G avugako atashyizwe mu bahanzi bazahabwa igihembo cya Salax Music Award kubera ko nta bikorwa yakoze wenyine mu mwaka ushize ndetse n’uyu turimo.
PUFF G ati: “si uko abatoranyijwe bandusha kuririrmba ahubwo ni uko ibikorwa byanjye byabaye bike nakoze featuring nyinshi kurusha izo nakoze njyenyine  kandi  no kutagira manager nabyo ni imbogamizi mu mikorere yanjye
Kubirebana na group UTP soldiers yatubwiyeko NEG THEGENERAL amaze kuyivamo nawe yahise abura icyo gukora kuko ariwe wamuteraga imbaraga nawe acika intege , bivuga ko asigaye aririmba ku giti cye. ubwo   twavuganaga na we yatubwiyeko yari muri shooting ya film ,ubwo inkuru irambuye tuzayitohoza kugirango tumenye niba asigaye anakina za fim.

No comments:

Post a Comment