Wednesday 1 April 2015

Wari uzi ko Miss Kundwa yasibiye mu mashuri?

Ifoto Kundwa yakoreshaga ku kigo cya Glory Secondary School (Ifoto Irakoze R.)

Umukobwa uheruka kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda wa 2015, Kundwa Doriane yasibiye mu mwaka wa gatanu w’amashuri yisumbuye.

Bamwe mu bamwigishaga bavuga ko uku gusibira kwe bifitanye isano ya hafi n'uburanga bwe; bitewe n'uko ngo yari atangiye kwiyumvamo kuzajya kwiyamamaza mu marushanwa y'abeza...


2 comments:

  1. Nonese ubwo muri make ushatse kutubwira iki? kuba yarasibiye ntabwo arikibazo biri wese byamubaho, ikingenzi nuko yize akarangiza. Ntacyo mpfa nawe ariko rwose uracyafite byinshi byo kwiga muri uwo mwuga witangazamakuru

    ReplyDelete
    Replies
    1. Hahahah iyi nkuru nange irantangaje cyane! Raisonnement yawe yakuganishaga kukubaka iki gishobora usomye ibyo wanditse yazongera kongera kugira inyota yo kubisoma, rimwe ba rimwe ubwonko bwacu tubusaba ibitagize icyo bimaze kandi bugira byinshi byiza.

      Delete